Abantu benshi bazi ibyiza byo
kurya Tungurusumu ku buzima bw’umuntu,aho zishobora gukora nk’umuti ndetse
zikaba zanarinda indwara zitandukanye nk’umuvuduko ukabije w’amaraso,Kanseri
zitandukanye n’izindi.Ubushakashatsi butandukanye bwagaragaje akamaro gakomeye
tungurusumu igirira umubiri.Muri iyi nkuru rero tugiye kurebera hamwe akamaro
k’izi nyunganiramirire zikoze muri Tungurusumu ku mubiri w’umuntu.
1. Izi nyunganiramirire zibitsemo
intungamubiri nyinshi umubiri ukenera
Niba ukeneye inyunganiramirire ikungahaye
ku ntungamubiri z’ubwoko butandukanye,wakoresha iyi tungurusumu kuko ikize ku
ntungamubiri z’ubwoko butandukanye nka :
• Manganese
• Vitamin B6
• Vitamin C
• Selenium
• Fiber
• calcium, copper, potassium, phosphorus, iron and vitamin B1
• Manganese
• Vitamin B6
• Vitamin C
• Selenium
• Fiber
• calcium, copper, potassium, phosphorus, iron and vitamin B1
2. Izi nyunganiramirire zihangana cyane n’indwara y’ibicurane,Sinezite,ndetse n’izindi z’ubuhumekero
Hari abantu benshi ibicurane biba
byarababayeho karande,ugasanga ahora abirwaye,izi nyunganiramirire rero zifite
ubushobozi bwo kuzamura ubudahangarwa bw’umubiri bityo ugatandukana n’indwara
z’ubuhumekero. Niba indwara z’ubuhumekero zarakubayeho karande,ni byiza
gukoresha izi nyunganiramirire zizewe.
3. Izi nyunganiramirire ni nziza mu kugabanya umuvuduko w’amaraso (High blood pressure)
Ni kenshi umuntu azakubwira ko Tungurusumu
zigabanya umuvuduko w’amaraso,ni byo kuko zifite ubushobozi bwo kuwugabanya
kuri ba bantu baba bafite ikibazo cy’umuvuduko w’amaraso uri hejuru.Niba rero
ugira ikibazo cy’umuvuduko w’amarso uri hejuru,koresha izi nyunganiramirire
zizewe.
4. Izi nyunganiramirire ni nziza mu
kugabanya urugimbu rubi (Bad cholesterol) mu maraso
Urugimbu rubi iyo rubaye rwinshi mu
mubiri,imitsi y’amaraso iba mito bigatuma itembera ry’amaraso ritagenda neza mu
mubiri,ikindi kandi ibi bitera gukora nabi k’umutima.Izi nyunganiramirire rero
zisukura imitsi zikagabanyamo rwa rugimbu bigatuma utandukana n’indwara
z’umutima. Ni byiza rero kwirinda izi ndwara z’umutima ukoresheje izi
nyunganiramirire.
5. Izi nyunganiramirire ni nziza ku bantu
bakora sport cyane
Ubushakashatsi butandukanye bwagaragaje ko
izi nyunganiramirire zituma umuntu atananirwa vuba,nko kubantu rero bakora
sport nyinshi (Abakinnyi,abiruka ku maguru,abanyonzi,..) ni byiza gukoresha izi
nyunganiramirire zikoze muri Tungurusumu.
6. Ku bantu bagira ibibazo mu igogorwa
ry’ibiryo,izi nyunganiramirire ni igisubizo.
Hari abantu benshi bagira ibibazo
by’igogora ugasanga umuntu aragugara mu nda,ndetse akarwara ibyo bita impatwe
(constipation),izi nyunganiramirire zivura ibibazo bitandukanye bishingiye ku
igogorwa ry’ibiryo. Niba rero ushaka gutandukana n’ibi bibazo,tangira ukoreshe
izi nyunganiramirire z’umwimerere.
Ese izi nyunganiramirire zirizewe ?
Ese izi nyunganiramirire zirizewe ?
Izi nyunganiramirire zikoze muri Tungurusumu zirizewe kandi zikoreshwa ku ruhando mpuzamahanga,ikindi kandi ziremewe kuko zifite ubuziranenge butangwa n’ibigo bikomeye ku isi nka FDA (Food and Drug Admnistration). Nta ngaruka zigira ku muntu wazikoresheje.
Izi nyunganiramirire ziboneka hehe ?
Uramutse ukeneye izi nyunganiramirire z’umwimerere wagana aho HORAHO Life Clinic dukorera mu mugi wa Kigali,mu nyubako yo kwa RUBANGURA,








0 comments:
Post a Comment