Friday, December 28, 2018





Mu busanzwe mu ngo zacu tugira Thermos cyangwa se Flask twifashisha mu kubika amazi ashyushye cyangwa se icyayi,iyi Thermos itangaje yo itandukanye na ziriya zose twaba tuzi kuko ikoranye ubuhanga butangaje kuko iyo unyweye ibiyibitsemo,bigirira akamaro umubiri wawe cyane cyane mu kurinda indwara zihungabanya imikorere myiza y’umubiri (Metabolic Diseases).
Mu gushaka kumenya yinshi birenze kuri iyi Thermos,twegererye Muganga Uwizeye Dieudonne mu ivuriro HORAHO Life atubwira byinshi kuriyo muri aya magambo
“Iyi Thermos itangaje yitwa “Tourmaline Flask” ikaba yihariye kuko ibika ubushyuhe igihe kirekire kandi ntifatwa n’ingese.Muri iyi Thermos harimo icyuma kibitse imyunyungugu y’ingenzi irenga 20, ikaba ari ingenzi cyane ku mubiri w’umuntu,imwe ikomeza amagufa indi igatuma umubiri ukora neza muri rusange.”
Yakomeje atubwira ko iyi Thermos ifasha abantu bafite ibibazo bitandukanye mu mubiri kuko amazi unyoye ayirimo aba yamaze guhinduka amazi afite uduce dutoya (Small Molecules) kuburyo yihuta mu mubiri,uturemangingo tw’umubiri tukayakoresha vuba bityo bigafasha umubiri gutakaza imyanda,kuruhuka,ndetse no gusukura umubiri muri rusange
Ikindi kandi aya mazi yo muri iyi Thermos,atuma umubiri ubasha kuringaniza icyo bita PH (ibi ni ibipimo byo mu mubiri bituma ibikorerwa mu mubiri bigenda neza).Bikaba bifasha urwungano ngogozi gukora neza.
Iyi Thermos iroroshye kuyitwara,si ngombwa ko uyisiga mu rugo.
Iyi Thermos ni bande bagenewe kuyikoresha ?
Mu gusubiza iki kibazo,Dieudonne yagize ati “ Iyi Thermos ikenewe n’abantu bose muri rusange,gusa hari abayikeneye cyane by’umwihariko,nk’abarwaye indwara z’imikorere mibi y’umubiri (Metabolic diseases) urugero : Diyabeti,umuvuduko ukabije w’amaraso,umunaniro ukabije,indwara za Hepatite,Impyiko n’izindi.
Iyi Thermos iboneka hehe ?
Uramutse uyikeneye,wagana ivuriro Horaho Life aho ikorera mu mugi wa Kigali, mu nyubako yo kwa RUBANGURA, cyangwa se ukaba wabahamagara kuri numero 0784089880

Related Posts:

  • Meal Cellulose Meal cellulose plays an important role in maintaining the function of human body. After a deep research, the nutritionist affirmed the health care function of meal cellulose and named it as “the seven nutriment”. W… Read More
  • Dore inama z’uko warwanya umubyibuho udasanzwe n’uko wawirinda Umubyibuho udasanzwe uvugwa igihe umuntu igipimo cya BMI kirenze 30. BMI ni iki ? Iki ni igipimo cyerekana uko uburebure bw’umuntu bujyana n’ibiro afite. Ushaka kubipima ufata uburemere bwawe muri kilogarama uk… Read More
  • Ese wari uzi ko umubyibuho ukabije wabonewe igisubizo ? (Obesity) Muri iyi minsi ku isi hose ndetse no mu Rwanda, usanga abantu benshi babangamiwe n’umubyibuho ukabije, ubushakashatsi bugaragaza ko indwara nyinshi ziri guhitana imbaga y’abantu muri iki gihe ziterwa n’umubyibuho… Read More
  • Calcium(For Adult/ Children) Calcium plays a very important role in maintaining the normal physiological function. It is the most profuse abio-element in the human body. It accounts for about 2% of avoirdupois in which 99% exists in bone and teeth, … Read More
  • Ganoderma Plus Capsule Ganoderma is an excellent health care product in Traditional Chinese medicine and pharmacology. In compendium of Holy Farmer, Ganoderma is called “saving grass”. In compendium of Materia Medica, Ganoderma, is called” Su… Read More

0 comments:

Post a Comment

Translate

The Special Discount on Good Perfum

Amamaza Ibikorwa bijyanye n'ubuzima ku buntu Hano

Buy Stocks

Adz

The Special Offer of Christmas

Adz

Popular Posts

Featured Post

Ibimera wakifashisha wivura ndetse n'indwara bivura

1.  Igitunguru cya onyo  : iyo iriwe ari mbisi, cyangwa itetswe igizwe isupu cyangwa ikamuwe ukanywa umutobe wayo. Ibyo bisohora imya...